
Rusizi: Hatangijwe icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu gihe mu Rwanda hatangijwe icyumweru cy’icyunamo ndetse n’iminsi 100 yo kwibuka kunshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku rwego rw’akarere ka Rusizi, iki gikorwa cyatangirijwe mu murenge wa Kamembe.
Perezida wa Ibuka mu karere ka Rusizi, yibukije ko kwibuka ari inshingano za buri munyarwanda.
Ati”Kwibuka ni inshingano za buri Munyarwanda ntabwo ari uguhembera umujinya, ntabwo ari ukubura icyo umuntu akora kuko ni amateka yacu. atutsi muri Mata 1994 n’izindi zabaye hirya no hino ku is. Ati:” Ahandi habaye Jenoside yakozwe n’abanyamahanga bica abanyagihugu, mu Rwanda Jenoside ni Abanyarwanda bishe abandi Banyarwanda, impamvu yo kwibuka.”
Ibikorwa byo kwibuka ndetse n’ibiganiro bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biteganyijwe ko bizakomereza mu midugudu.
Billy Chris