11 hours ago
Kurota usubiza u Rwanda mu icuraburindi ni ukurota inzozi mbi utazigera ukabya- Minisitiri Marizamunda
Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda yaburiye abigamba gutera u Rwanda ko izo nzozi ari mbi kandi badateze kuzikabya, asaba urubyiruko kubima…
15 hours ago
Aborozi bibukijwe kugaburira amatungo ibyujuje ubuziranenge kugira ngo babone umusaruro ukwiye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge, RSB, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza imbere Imikurire y’Umwana, NCDA, bongeye kwibutsa…
15 hours ago
RBC yatangaje ko abarenga 2000 bagize ibibazo by’ihungabana mu cyumweru cy’Icyunamo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka31 kandi ko muri…
1 day ago
Nyanza: Umugabo wahaniwe icyaha cya Jenoside yatawe muri yombi akurikiranyweho ingengabitekerezo yayo
Umugabo w’imyaka 57 wo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Nyagisozi mu Kagari ka Rurangazi yatawe muri yombi akurikiranyweho…
2 days ago
RIB yatangaje ko ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byiyongereye mu cyumweru cy’Icyunamo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwagaragaje ko mu cyumweru cy’Icyunamo hakiriwe dosiye 82 z’abakurikiranyweho ibyaha birimo ingengabitekerezo ya Jenoside, ivangura no…
2 days ago
Ishyaka PL ryibutse abari abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubwo kuri iki cyumweru tariki 13 Mata 2025, Ishyaka riharanira Ukwishyira ukizana kwa buri muntu(PL), ryibukaga kunshuro ya 31 abahoze…
2 days ago
Kigali: Imvura ikabije yahitanye abantu babiri yangiza byinshi
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imvura yaguye mu mpera z’icyumweru gishize yahitanye abantu babiri igasenya inzu ndetse ko hari…
2 days ago
Abiga muri RP Tumba bahawe umukoro wo kunyomoza abapfobya n’abagoreka amateka ya Jenoside
Abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry’imyuga n’Ubumdnyingiro rya Tumba College, basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi bahabwa umukoro wo kunyomoza…
3 days ago
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga yahagaritse imirimo myinshi n’ingendo
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga uri ku muvudumo ukabije wahagaritse imirimo myinshi n’ingendo z’indege mu Murwa Mukuru Pekin, watumye abaturage basabwa…
3 days ago
Ngoma: Umukobwa w’imyaka 15 yishwe n’abataramenyekana bamaze kumusambanya
Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko wo mu Mudugudu w’Amahoro mu Kagari ka Karenge mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka…