Ubuzima
-
Abafite aho bahurira n’uruhererekane rw’imboga n’imbuto basabwe kwita ku buziranenge bwazo
Ikigo Gitsura Ubuziranenge, RSB, gifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kwita ku mikurire no kurengera umwana, NCDA,…
Soma» -
RBC yatangaje ko abarenga 2000 bagize ibibazo by’ihungabana mu cyumweru cy’Icyunamo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko abantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo cyo Kwibuka31 kandi ko muri…
Soma» -
RBC yaburiye abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga gushungura ibyo batangaza mu gihe cyo Kwibuka
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyaburiye abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga gushungura ibyo batangaza mu gihe Igihuhu kigiye kwinjiramo cyo Kwibukwa…
Soma» -
Bamwe mu bavukanye ubwandu bwa Virusi itera SIDA, barasaba ubujyanama bwihariye kuko kuriyakira byatumye bishora mu biyobyabwenge no mu buraya.
Mu gihe u Rwanda rufite intego yo kuba muri 2030 rwararanduye burundu ubwandu bw’abana bavukana virus itera SIDA, hari bamwe…
Soma» -
Hifuzwa ko 95% by’Abanyarwanda bazajya bivuriza mu mavuriro mato
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko abaturage bivuriza ku mavuriro mato bangana na 85%, mugihe intego yayo ari uko abivuriza kuri aya…
Soma» -
Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK bigiye kwimurwa
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yabwiye inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena ko ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, bizimurirwa…
Soma»