Mumahanga
-
Hatangajwe igihe Papa Francis azashyingurirwa
Ubuyobozi bwa Vatican bwatangaje ko Umurambo wa Papa Francis wari Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi uherutse kwitaba Imana,…
Soma» -
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yitabye Imana
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika tariki 21 Mata 2025 nibwo Papa Fransisko yitabye Imana afite imyaka…
Soma» -
Joseph Kabila yageze i Goma bica igikuba i Kinshasa
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari i Goma ku butaka bugenzurwa n’Umutwe wa AFC/M23 i…
Soma» -
DRC: Abarenga 140 baguye mu mpanuka y’ubwato iherutse kuba
Inzego z’ubutabazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeje ko zimaze kubona imirambo y’abantu 148 baguye mu mpanuka y’ubwato bwari…
Soma» -
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga yahagaritse imirimo myinshi n’ingendo
Ubushinwa bwibasiwe n’inkubi y’umuyaga uri ku muvudumo ukabije wahagaritse imirimo myinshi n’ingendo z’indege mu Murwa Mukuru Pekin, watumye abaturage basabwa…
Soma» -
Mozambique: Abaturage bari barashimuswe batabawe n’Ingabo z’u Rwanda
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Mozambique, ku cyumweru tariki 23 Werurwe 2025, zatabaye abaturage bari…
Soma» -
Papa Francis yujuje imyaka 12 atorewe kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi
Kuri uyu wa 13 Werurwe 2025, Nyirubutungane Papa Fransisko yujuje imyaka 12 atorewe kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi,…
Soma» -
Umuntu wari ukuze cyane kurusha abandi ku isi yapfuye
Umugore wo mu Buyapani wari ufite agahigo ko kuba ari we wari ukuze kurusha abandi ku Isi yitabye Imana agize…
Soma» -
Perezida Joe Biden yatangaje icyunamo cyo guha icyubahiro Jimmy Carter
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje icyunamo cyo gutegura ibikorwa byo guherekeza Jimmy Carter wabaye Perezida…
Soma» -
Ethiopia: Abantu 71 baguye mu mpanuka y’imodoka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 30 Ukuboza 2024 nibwo havuzwe impanuka y’imodoka y’ikamyo yari itwaye abantu benshi…
Soma»