Amakuru
-
Perezida Kagame yashimye inzego z’umutekano z’u Rwanda
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yashimiye inzego z’umutekano kubera uruhare zigira mu gukorera igihugu by’umwihariko ku…
Soma» -
Abasoje ikiciro cya 12 cy’itorero ry’inkomezabigwi basabwe guharanira ubumwe
Urubyiruko rw’abasore n’inkumi rugera ku 56.848 barangije amashuri yisumbuye basoje Itorero ry’Inkomezabigwi icyiciro cya 12 basabwa guharanira, basabwa guharanira guteza…
Soma» -
Twahirwa Seraphin wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye mu Bubiligi
Umunyarwanda Twahirwa Séraphi wari wakatiwe n’Urukiko rwo mu Bubiligi igifungo cya burundu nyuma yo guhamywa ibyaha bya Jenoside, yapfiriye i…
Soma» -
Rubavu: Inka umunani zari zigiye kubagirwa muri DRC muburyo butemewe zagarujwe
Inka umunani zafatiwe ku mupaka ugabanya u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zigiye kwambutswa mu buryo bunyuranyije n’amategeko…
Soma» -
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witeguraga gukora ubukwe yaherekejwe bwa nyuma
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda gakabije ku muryango we n’abo bakoranye mu bihe bitandukanye…
Soma» -
Akajagari kagaragara mu mikoreshereze y’ubutaka kagiye gucibwa
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubutaka cyatangiye kuganiriza abayobozi bungirije b’Uturere dutandukanye mu gihugu n’abakora muri serivisi z’ubutaka ku bijyanye no kunoza imikoreshereze…
Soma» -
Nyanza: Polisi yataye muri yombi umusaza wari waratorotse igihano cya Gacaca
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza yataye muri yombi umusaza wari warahamijwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 30 ku cyaha…
Soma» -
Abakristu bizihije Noheli muburyo budasanzwe
Abakristu bitabiriye kwizihiza Umunsi Mukuru wa Noheli hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, barishimira ko Umunsi Mukuru wa Noheli…
Soma» -
Banki y’isi yahaye u Rwanda arenga miliyari 335Frw yo kurengera ibidukikije
Banki y’Isi yahaye u Rwanda amafaranga arenga miliyari 355 Frw, azifashishwa mu guteza imbere ibikorwa by’ishoramari mu bikorera rirengera ibidukikije…
Soma» -
Perezida Kagame yasabye ko Siporo ibyazwa umusaruro
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abayobozi bashya ba Minisiteri ya Siporo kuyibyaza umusaruro kuko Igihugu gifite byinshi cyakoze kandi…
Soma»