Amakuru
-
“Hindura Blague”, ubukangurambaga bwatangijwe bugamije guhindura imvugo zibasira ab’igitsina gore.
Ni kenshi muri sosiyete y’abantu benshi hakunze kumvikana imvugo zigaruka ku bagore, ahanini zisa n’izibasubiza inyuma ariko kandi ababikora bakabikora…
Soma» -
Rubavu: umubare w’abakomerekejwe n’amasasu aturuka muri DRC ukomeje kwiyongera
Uko amasaha ari kugenda yigira imbere niko imirwano ikomeje gukara hagati y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo…
Soma» -
Jean Guy Afrika yagizwe umuyobozi mukuru wa RDB
Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ashimangiye ko impinduka zigaragara muri guverinoma no mu myanya itandukanye y’ubuyobozi ahanini ziterwa n’imikorere y’umuntu…
Soma» -
Musanze: Urukiko rwashimangiye ko gitifu Ndagijimana wahanganye n’akarere ka Rulindo na bagenzi be bakomeza kuburana bafunze
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwashimangiye ko Gitifu Ndagijimana Frodouard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo na…
Soma» -
Kigali: Umushoferi yatawe muri yombi agerageza guha umupolisi ruswa
Polisi y’Igihugu yataye muri yombi umugabo w’umushoferi ucyekwaho gutanga ruswa ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana na mirongo ine na…
Soma» -
Musanze: Urukiko rwaburanishije ubujurire bw’uwari Gitifu na Mugenzi we
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwaburanishije ubujurire bwa Ndagijimana Frodouard, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo na…
Soma» -
“Niyo narara nkushyizeho, nkakubonaho ikibi mu gitondo nkuvanaho.” Perezida Paul Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugeza ubu nta mpinduka zigaragara ziraba muri guverinoma, abishingiye ku miterere, imyitwarire y’abantu n’icyo igihugu…
Soma» -
Gicumbi: Hitabajwe inzego z’umutekano kugira ngo abagenzi babone imodoka
Hitabajwe inzego z’umutekano na Polisi kugira ngo abagenzi biganjemo abanyeshuri bakora ingendo bakoresheje Gare ya Gicumbi, babashe gukora ingendo bafite…
Soma» -
Gakenke: umuntu yagonzwe n’imodoka ahita ahasiga ubuzima
Umugabo witwa Mubano Alain yagozwe n’imodoka ya Ritco ubwo yageragezaga gutambuka ku ikamyo yari itwaye ibinyobwa bya Bralirwa ahasiga ubuzima.…
Soma» -
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka w’uburumbuke wa 2025
Perezida Paul Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka mushya muhire, abifuriza ko wazababera uw’uburumbuke. Perezida Kagame kandi yibukije ko muri 2024, aribwo…
Soma»