Nyituriki Joseline
-
Amakuru
“Hindura Blague”, ubukangurambaga bwatangijwe bugamije guhindura imvugo zibasira ab’igitsina gore.
Ni kenshi muri sosiyete y’abantu benshi hakunze kumvikana imvugo zigaruka ku bagore, ahanini zisa n’izibasubiza inyuma ariko kandi ababikora bakabikora…
Soma» -
Iyobokamana
Urubyiruko rwa Arkidiyosezi ya Kigali rwasabwe kubera urumuri abandi
Muri Paruwasi Gatorika ya Kimihurura, kuri uyu wa Gatandatu tariki 01 Gashyantare 2025, hasorejwe ukwezi kwahariwe Urubyiruko Gatorika muri Arkidiyosezi…
Soma» -
Ubuvugizi
Bamwe mu bavukanye ubwandu bwa Virusi itera SIDA, barasaba ubujyanama bwihariye kuko kuriyakira byatumye bishora mu biyobyabwenge no mu buraya.
Mu gihe u Rwanda rufite intego yo kuba muri 2030 rwararanduye burundu ubwandu bw’abana bavukana virus itera SIDA, hari bamwe…
Soma» -
Amakuru
Rubavu: umubare w’abakomerekejwe n’amasasu aturuka muri DRC ukomeje kwiyongera
Uko amasaha ari kugenda yigira imbere niko imirwano ikomeje gukara hagati y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo…
Soma» -
Umutekano
Rubavu: Batanu bamaze kuhasiga ubuzima, abandi 20 barakomereka
Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’imitwe izifasha zihanganye…
Soma» -
Ubuzima
Hifuzwa ko 95% by’Abanyarwanda bazajya bivuriza mu mavuriro mato
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko abaturage bivuriza ku mavuriro mato bangana na 85%, mugihe intego yayo ari uko abivuriza kuri aya…
Soma» -
Amakuru
“Niyo narara nkushyizeho, nkakubonaho ikibi mu gitondo nkuvanaho.” Perezida Paul Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugeza ubu nta mpinduka zigaragara ziraba muri guverinoma, abishingiye ku miterere, imyitwarire y’abantu n’icyo igihugu…
Soma» -
Amakuru
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka w’uburumbuke wa 2025
Perezida Paul Kagame yifurije Abanyarwanda umwaka mushya muhire, abifuriza ko wazababera uw’uburumbuke. Perezida Kagame kandi yibukije ko muri 2024, aribwo…
Soma» -
Mumahanga
Perezida Joe Biden yatangaje icyunamo cyo guha icyubahiro Jimmy Carter
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje icyunamo cyo gutegura ibikorwa byo guherekeza Jimmy Carter wabaye Perezida…
Soma» -
Imyidagaduro
Bamenya yicujije igihombo cya miliyoni 17frw yagize muri Cinema
Umukinnyi wa Film Benimana Ramadhan wamenyekanye nka Bamenya kubera film akinamo yitiriwe iryo zina, yavuze ko kubera kudasobanukirwa n’imikoreshereze y’imbuga…
Soma»